Perezida Paul Kagame yavuze ko hari amakosa yajyaga avugirwa mu mwiherero ariko ko noneho bigeze aho kwihangana birambiranye kuburyo mu minsi ya vuba azajya avuga uko ikosa ryakozwe ndetse n’igihe...
Abashashatsi bateraniye I Kigali mu nama yiga ku kwita ku bidukikije baragaya uburyo bukoreshwa mu mugi bwo gucukura ibyobo bifata amazi kuko ayo mazi baba bayapfushije ubusa kandi bakiyakeneye....
Umukinnyi wakinaga hagati mu ikipe ya APR fc Mukunzi Yannick amaze gusinyira ikipe ya Rayon Sports amasezerano y’imyaka 2 ndetse ahabwa amafaranga angana na miliyoni 12 z’amafaranga y’u Rwanda,...
Uwahoze ari umutoza wa Manchester United, Sir Alex Ferguson uri mu nama y’abatoza ya UEFA yabereye I Nyon mu busuwisi kuri uyu wa gatatu taliki ya 30 Kanama 2017 yatangaje ko abona ikipe ya Real...
Kuri uyu wa 31 kanama 2017 mu ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko ku Kimihurura, Perezida Kagame, yakiriye indahiro y’Abaminisitiri 20 n’abanyamabanga ba Leta 11 bagize Guverinoma nshya.
Ijambo rye...