Umuntu umwe yatakarije mu myigaragarambyo yakurikiye amatora ya Perezida w’ igihugu cya Kenya yabaye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 8 Kanama 2017. Ibyavuye mu matora byerekanye ko Perezida Uhuru...
Umunyakenya Gen Leonard Muriuki Ngondi yagizwe umugaba mukuru w’ingabo za Loni n’iz’Afurika Yunze Ubumwe mu ntara ya Darfur muri Sudani (UNAMID/ MINUAD).
Ni inshingano yahawe n’Umunyamabanga...
Umusore Niyonshuti Adrien umunyarwanda ukina umukino wo gusiganwa ku magare nk’uwabigize umwuga mu ikipe ya mbere ya Dimension data yo muri Afurika y’epfo yatangaje ko yabuze ibyangombwa birimo...
Mu ijoro ryakeye ku italiki ya 08 Kanama nibwo hakinwaga umunsi wa 5 muri shampiyona y’isi iri kubera mu mugi wa London mu Bwongereza aho icyari cyitezwe na benshi ari uguhangana kw’abasore 2...
Hakizimana Amani wamamaye nka Am G The Black yamaze gushyira hanze indirimbo nshya ‘Ntaho Tuzajya’,uyu muraperi yumvikana avuga amwe mu mazina y’abaraperi bacitse intege muri Hip Hop.
Muri iyi...
Mu mpera z’icyumweru gishije nibwo Mc Murenzi wamamaye nka Kamatali Murenzi kuri Contact FM, yasabye anakwa umukunzi we utuye muri Canada muri Leta zunze ubumwe za Amerika.
Kamatali Murenzi...
Ku munsi w’ejo taliki ya 08 Kanama 2017 nibwo Perezida wa Repubulika y’U Rwanda Paul Kagame yafunguye ku mugaragaro ikibuga cya Club Rafiki cyasanwe n’umuryango wa Giants Africa watangijwe na Masia...