Turi tariki ya 10 Nyakanga, ni umunsi wa 191 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 174 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bi byaranze uyu munsi mu mateka. 511: Hasojwe...
Umugabo w’imyaka 30 wo muri Tanzania witwa Darius Makambak umupolisi muri Tanzania Police force yishyuye inshuti ye Evans Mastano amafaranga menshi ngo amuterere inda umugore none bagiye kwitabaza...
Perezida Rivlin wa Isiraheli na Netanyahu bajyanye guhura na Kagame ubwo imodoka yari imuzanye yari imugejeje ku rugo rwa Perezida Rivlin.Ibi biganiro byabaye muri iki gitondo cyo kuwa mbere...
Khadija Khatoon aturuka mu burasirazuba bw’Ubuhinde yavutse nta sura afite, nta maso nta mazuru nta n’umunwa.
Abaganga bo mu buhinde banze kumubaga batinya ko baramutse bamubaze yahita yitaba...
Umunyarwenya Ramjaane Niyoyita yarushinganye n’umukunzi we Gentille Umuhoza bamaranye igihe mu munyenga w’urukundo. Ubukwe bwabo bwabereye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Leta ya Texas kuri...
Intumwa y’ Imana Dr Paul Gitwaza Zion Temple ku Isi yatangaje ko Imana yamuhishuriye ko u Rwanda ruzaba icyitegererezo cy’ Afurika mu myumvire n’ imikorere.
Yabitangaje kuri iki Cyumweru tariki 9...
Umuhanzi wo mu njyana ya Hip-Hop Joseph Haule wamamaye nka Professor Jay yashyingiranwe n’umugore we bamaranye igihe bakundana byeruye witwa Grace Mgonja.Ubukwe bwabo bwabereye mu rusengero rwa...
Umwarimu wo mu mashuri yisumbuye mu gihugu cya Cameroon, ubu ari mu mazi abira nyuma yo gutanga igihano kitavugwaho rumwe ku bana b’abakobwa baje ku ishuri bakererewe.
Uyu mwarimu w’umugabo...