Perezida Eduardo dos Santos amaze ku butegetsi imyaka 38
Perezida wa Angola Jose Edouardo dos Santos, umwe mu bakuru b’ ibihugu bamaze igihe kirekire ku butegetsi muri Afurika ntabwo azongera...
Polisi y’u Rwanda iravuga ko imaze guta muri yombi abantu 9 bakekwaho gutemagura abakiristu ba ADEPR n’abandi baturage mu Murenge wa Ngoma Akarere ka Huye.
Umuvugugizi wa Polisi mu Ntara...
Umugabo witwa Mohamed Jibril Ali w’imyaka 51, yafatanywe ikiyobyabwenge cya Heroine ubwo yari agiye kurira indege ya Rwandair yari igiye guhaguruka muri Kenya yerekeza I Dubai.
Uyu mugabo watawe...
Minisiteri y’ Uburezi mu Rwanda yatangaje ko amashuri abujijwe kongera gutegura amarushanwa ya Nyampinga.
Ayo mashuri ngo ni amashuri y’ inshuke, abanza n’ ayisumbuye ya Leta, ayafatanya na Leta...
Ikipe ya Sunrise ni umwe mu makipe yari yitezwe kuba yahanganira igikombe cya shampiyona uyu mwaka w’imikino, dore ko yari yanabigaragaje itsinda imikino yayo 3 ya mbere. Yaje kugongwa n’ikibazo...
Bushagarira Theonetse utuye mu kagari k’ Urugarama, Umurenge wa Gahini mu karere ka Kayonza yemera ko yabyaye abana 18 ku bagore 12, iyo abajijwe uko aba bana bazabaho avuga ko bafite Perezida...
Minisitiri w’ ingabo wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika James Mattis yavuze ko Koreya ya Ruguru izahanwa bikomeye n’ igerageza gukoresha intwaro z’ ubumara.
Ibi Mattis yabivugiye muri Koreya y’ Epfo...