Mu bihugu byinshi bitandukanye nk’ubuyapani ubwoko bw’amaraso ni kimwe mu bimenyetso bagenderaho bita ku myitwarire y’umuntu n’ uburyo bashobora kumwitwaraho
Ikipe ya PSG yatangaje ko yasinyishije Vítor Machado Ferreira "Vitinha" wakiniraga FC Porto, wanayihesheje ibikombe 2 bya shampiyona ya Portugal biheruka.
Uyu musore w’imyaka 22 niwe wa mbere...
Impaka zikomeje kuba nyinshi kuri Mutambuka Derrick uzwi nka Dj Dizzo uri kuvugwaho ko yafunzwe imyaka icyenda ashinjwa gufata abagore ku ngufu ibi bikaba bivuzwe nyuma y’uko ageze mu Rwanda aho...
Umutoza Mashami Vincent yamaze kwerekeza mu ikipe ya Police FC nk’umutoza mukuru, uje gusimbura Frank Nuttal utaritwaye neza muri iyi kipe.Amakuru aravuga ko yasinye imyaka 2.
Amakuru agera ku...
Umunyabigwi mu mukino wo gusiganwa ku magare,Chris Froome,watwaye Tour de France inshuro enye, ayoboye ubukangurambaga bwo gukusanya amayero asaga 300.000 (hafi miliyoni 320 z’amafaranga y’u...
Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana yatangaje ko mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2022-2023, guverinoma izakomeza kunganira ibikorwa bitandukanye bizafasha igihugu guhangana...