skol

Politiki

Trump yakuye US mu masezerano ya Iran hari ubwoba ko bishobora guteza intambara

Perezida wa Leta zunze Ubumwe Donald Trump yaraye atangaje ko igihugu cye kivuye mu masezerano (…)

Perezida wa Koreya ya ruguru yasuye Ubushinwa bitunguranye

Kuri uyu wa Kabiri tariki 8 Gicurasi 2018 nibwo hamenyekanye ko Perezida Kim Jong Un na Perezida (…)

Ibiro bya Perezida Kabila byateye utwatsi amakuru avuga ko aziyamamaza

Ibiro bya Perezida wa Republika iharanira demokarasi ya Congo byatangaje ko Perezida Joseph (…)

Perezida Buhari yatangaje impamvu ashaka indi manda

Perezida wa Nigariya Muhammadu Buhari yatangaje ko impamvu ashaka indi manda atari ku nyungu ze (…)

Perezida Museveni yagaragaje ko D R Congo atariyo yihitiramo Umuperezida

Perezida Yoweri Kaguta Museveni yavuze ko nyuma y’urupfu rwa Patrice Lumumba, ibiguhu byo mu (…)

Burundi: Bwahagaritse BBC n’ Ijwi ry’ Amerika habura iminsi mike ngo hatorwe referendumu

Mu gihe hasigaye hasigaye ibyumweru 2 ngo mu Burundi habe itora rya referendumu iki gihugu (…)

Perezida wa Sierra Leone yahaye umwarimu wamwigishije muri Kaminuza umwanya muri guverinoma

Perezida wa Sierra Leone Julius Maada Bio yinjije muri Guverinoma umwarimu wa Kaminuza (…)

Koreya Ruguru igiye gufunga aho igeragereza ibitwaro kirimbuzi ibwire Amerika ige kureba

Igihugu cya Koreya ya Ruguru cyatangaje ko kigiye gufunga ahantu cyakoreraga amagerageza y’ (…)

Umugore wa Perezida w’ Ubufaransa yahishuye ibintu bikomeye ku mugore wa Trump

Umugore wa Perezida wa Emmanuel Macron w’ Ubufaransa Brigitte Macron nyuma y’ uko muri iki (…)

RDC: Umukuru w’ inyeshyamba yakatiwe imyaka 20

Urukiko rwa gisirikare muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye umukuru (…)

Perezida wa Tunisia na Museveni bari k’ urutonde rw’ abaperezida ba Afurika bakuze kurusha abandi

Ku ifoto ubanza ni Perezida wa Tunisia, ukuriwe na Perezida Buhari wa Nigeria, na Museveni wa (…)

Moïse Katumbi utavuga rumwe n’ umutegetsi bwa Kabila ngo Kabila ntabwoba amuteye

Umunyapolitiki utavugarumwe n’ ubutegetsi bwa Perezida Joseph Kabila wa Repubulika iharanira (…)

Uko Binaisa wabaye Perezida wa Uganda igihe gito yacitse isasu ry’ umujepe

Perezida aba ari umuntu wubashywe mu gihugu, afite ingabo, afite imbaraga n’ ubutware bwo (…)

Burundi: Ikihishe inyuma yo kuba uwari umuyobozi w’ imbonerakure yagizwe Minisitiri w’ Ububanyi n’ amahanga

Perezida w’ u Burundi Pierre Nkurunziza yakoze impinduka muri guverinoma uwahoze ari umuyobozi (…)

Perezida Paul Kagame yakuye James Musoni ku mwanya wa Minisitiri ashyiraho nabandi bayobozi bashya

Kuri uyu wa Gatatu tariki 6 Mata 2018, nibwo Perezida Kagame yakuyeho Minisitiri James Musoni (…)