skol

Politiki

Kim Jong Un yakiriye intumwa zavuye muri Koreya y’ Epfo

Perezida wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un yagiranye ibiganiro n’intumwa zoherejwe na Perezida (…)

Umunsi Perezida Vladmir Putin arira

Ni Perezida w’ igihangange bigoye kubona yifotoje aseka, cyangwa agaragaza ibinezaneza ku maso, (…)

Perezida Trump yahaye umwaka umwe abanyagitugu bose bo muri Afurika

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump yarakariye abakuru b’ ibihugu bya Afurika (…)

U Burundi ntabwo bwiteguye amatora- UN

Intumwa y’ Umuryango w’Abibumye yatangaje ko u Burundi butiteguye gukora amatora yizewe bitewe (…)

Mu magambo ateye agahinda Robert Mugabe yasangije AU ubuzima abayemo

Uwahoze ari Perezida wa Zimbabwe Robert Gabriel Mugabe yatangaje ko umugore we Grace Mugabe (…)

Umwe yapfuye abandi barakomereka mu kwamagana Perezida Kabila

Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko umuntu umwe yishwe i (…)

Abahimba iyo ubasuye bakwakiriza igitsina

Batuye mu gace kitwa Kunene n’ ahitwa Omusati mu majyaruguru y’ igihugu cya Namibie bafite umuco (…)

Isesengura: Ubuyapani mu nkundura yo guhirika Ubushinnwa ku isoko ryo muri Afurika

Minisitiri w’ Intebe w’ Ubuyapani Shinzo Abe Mu bihe byashize kuva mu ntambara y’ubutita (…)

Nkurunziza ubwo aheruka mu nama y’ abakuru b’ ibihugu Niyombare yari amuhiritse ku butegetsi, ntabwo yagiye Uganda

Perezida w’ U Burundi Pierre Nkurunziza ntabwo yitabiriye umwiherero w’ abakuru b’ ibihugu (…)

Impapuro zo mu musarane ziriho ifoto ya Perezida Edgar Lungu zatewe utwatsi

Ishyaka riri ku butegetsi mu gihugu cya Zambia Patriotic Front ryateye utwatsi impapuro z’ isuku (…)

Tanzania: Abapolisi 6 bakurikiranyweho kurasa mu mutwe umunyeshuri

Abapolisi batandatu batawe muri yombi muri Tanzania bakurikiranyweho iraswa ry’umunyeshuri wa (…)

Uwahaye ‘PHD’ Grace Mugabe yatawe muri yombi

Ku wa 10 Mutarama, 2018 nibwo Urwego rushinzwe kurwanya ruswa muri Zimbabwe rwatangiye iperereza (…)

Abasirikare 6 ba Congo biciwe mu mirwano yazihuje n’ingabo z’u Rwanda

Abasirikare batandatu ba Republika iharanira demokrasi ya Kongo biciwe mu kurasana kwabaye (…)

Ibintu 7 bitazibagirana kuri Jacob Zuma ubaye uwa 3 wegujwe nta maraso amenetse

Jacob Zuma w’ imyaka 75 y’ amavuko ubaye Perezida wa 3 wo muri Afurika wegujwe mu gihe cy’ amezi (…)

Ministri w’Ububanyi n’Amahanga w’Ubuholandi ushinjwa kubeshya yeguye

Kuri uyu wa 14 Gashyantare, 2018 Ministiri w’Ububanyi n’amahanga w’Ubuholandi Halbe Zijlstra (…)