skol

Politiki

Liberiya: Abaturage barazindukira mu matora, Abakandida 20 barahatanye

Ejo ku musi wa kabiri, Abanyeliberiya barazindukira mu matora y’umukuru w’igihugu. Bazahitamo (…)

“Igihe kinini mukimare mukora, mwikimara musenga” Perezida Museveni

Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni yasabye abaturage ba Uganda kumara igihe kinini bakora (…)

Guterres wa ONU ntashyigikiye igabanywa ry’ingabo za Monusco muri RDC

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’abibumbye Antonio yatangaje ko adashyigikiye abifuza (…)

Mu rugo rwa Depite Bob wine hatewe gerenade ya kabiri, bituma avuga amagambo akomeye

Umudepite akaba n’ umwe muhanzi bakomeye muri Uganda, Robert Kyagulanyi benshi bazi ku Izina (…)

Polisi ya Kenya yakoresheje imyuka iryana mu maso mu gutatanya abigaragambya

Igipolisi mu gihugu cya Kenya cyarashe imyuka ibabaza mu maso ku bantu bari mu myigaragambyo (…)

U Rwanda rwahakanye ibyo gufasha Gen Kayihura ngo azasimbure Museveni

Guverinoma y’u Rwanda yahakanye yivuye inyuma ibyavugwaga ko barigufasha Umukuru w’igipolisi cya (…)

Kadaga ngo ntazemera ko abadepide ba Uganda bamera nk’ Abafurika y’ Epfo

Perezidante w’ intego ishinga amategeko ya Uganda Rebecca Kadaga yavuze ko adashobora (…)

Ambasade ya Amerika muri Tchad yafunzwe

Ambasade ya Amerika muri Tchad yafunzwe ku itegeko rya Perezida Idriss Deby Etino.Ni nyuma y’uko (…)

Imyigaragambyo ikomeye mu ntara ya Catalogne ishaka kwiyomora kuri Espagne

Umuyobozi w’ umugi wa Barcelona yatangaje ko abantu 460 bakomerekeye mu myigaragambyo yakurikiye (…)

Amashusho y’Umukobwa wa Perezida wa CONGO akora imibonano mpuzabitsina yagiye hanze

Claudia Sassou NGuesso ,umukobwa w’umukuru w’igihugu cya CONGO Brazzaville ,ari mu mazi abiri (…)

Esipanye: Abapolisi bagose ibiro by’itora babuza kamarampaka y’ubwigenge bw’intara ya Catalonye

Abategetsi b’igihugu cya Esipanye batangiye gufunga ibiro by’amatora no guhisha impapuro z’itora (…)

Minisitiri w’Ubuzima muri Guverinoma ya Perezida Trump yeguye

Ministri w’ubuzima muri guverinoma ya Perezida Donald Trump yeguye ku mirimo ye kuri uyu wa (…)

U Burundi bwongeye kwikoma u Rwanda

Leta y’ u Burundi yongeye gushyira u Rwanda mu majwi ivuga ko u Rwanda rutifuriza ineza u (…)

Putin na Erdogan biyemeje kugarura Amahoro muri Siriya

Abakuru b’ibihugu by’Uburusiya, Vladimir Poutine n’uwa Turukiya, Recep Tayyip Erdogan bumvikanye (…)

Perezida wa Turikiya yemeranyije na Amerika gutanga Pasiteri yari afunze

Perezida wa Turukiya, Recep Tayyip Erdogan yabwiye Leta zunze ubumwe z’Amerika ko yiteguye (…)