Umuryango wa Diamond Platnumz uri mu bihe bikomeye, nyuma y’aho kuri ubu mama wa Zari yongeye gusubira mu bitaro bitewe n’uko ubuzima bwe butifashe neza.
Nk’uko bitangazwa n’ibinyamakuru byo muri...
Umusore uri mukigero cy’ imyaka 28 ukora umurimo wo gucuruza m2u yakubiswe na bagenzi be inzego z’ umutekano zihagera bamaze kumugira inoge.
Ahagana mu ma saa y’ ine n’ igice kuri uyu wa Gatanu...
Mu minsi ishize Lionel Messi yasinye amasezerano y’imyaka ine mu ikipe ya Fc Barcelone aho yahise yongezwa umushahara akazajya ahembwa asaga miliyoni 40 z’amayero ku mwaka, gusa ariko uretse...
Ikipe ya Rayon Sports igiye gushyikirizwa igikombe cya shampiyona 2016-17 yatwaye kuri uyu wa gatandatu tariki 7 Nyakanga 2017.N’ibirori kandi ababyitabiriye bazagira amahirwe yo gutaramirwa...
Umugabo bikekwa ko yitwa Ndatimana Andre ari mu maboko ya Polisi ikorera mu karere ka Rwamagana, nyuma yo gushuka umuturage akamwaka amafaranga agera kuri Miliyoni y’amafaranga y’U Rwanda, ngo...
Augustine Miles Kelechi [TEKNO] ukorera muzika mu gihugu cya Nigeria agiye kuza mu Rwanda gutarama mu gitaramo gihurije hamwe abakunzi ba Rayon Sports ndetse n’abakunzi be.
Amakuru aravuga ko...
Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben usanzwe ukorera muzika muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yashyize hanze indirimbo nshya yakoranye na Sheebah Karungi akaba umuhanzi wubashywe mu gihugu cya...
Abakobwa 18 bakomoka mu ntara zitandukanye zigize Igihugu cy’ Uburundi barahatanira kuba Nyampinga w’iki gihugu mu rugendo rugera kumusozo mu minsi ya vuba.
Miss Burundi 2017 azatoranywa...
Mwenedata Gilbert wari umwe mu bakandida depite bane bigenga bahatanira kujya mu Nteko Ishinga Amategeko mu matora y’Abadepite yo mu mwaka wa 2013 akaza kubura amajwi abimwemerera, yavuze ko nta...