Nyuma y’amezi agera kuri atatu Hon Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’umuco nta butumwa yandika ku mbugankoranyambaga ze yashenguwe n’urupfu rwa Yvan...
Kevin Muhire wahoze ari Capiteni wa Rayon sport muri championa y’umwaka ushize, biravugwa ko yaba yamaze kongera amasezerano y’umwaka umwe muri iyi kipe.
Ikipe ya Manchester United yahagaritse ibyo gusinyisha umukinnyi wo hagati w’Umufaransa Adrien Rabiot ukomoka muri Juventus bari bageze kure ibiganiro.
United yari yizeye kuzana uyu musore...
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 17-18 kanama 2022, I Kinshasa harabere inama y’abakurur b’ibihugu bahuriye mu Ishyirahamwe rigamije iterambere ry’ibihugu byo muri Afrika y’Amajyepfo...