Umutoza mushya wa Manchester United, Erik iTen Hag yemeje ko Cristiano Ronaldo ari muri gahunda ye mu mwaka w’imikino utaha.
Ariko uyu muholandi yanze kwemeza niba Harry Maguire azakomeza kuba...
Kylian Mbappe yatangaje ko azashyigikira Real Madrid ku mukino wa nyuma wa Champions League muri iyi weekend.
Nubwo yanze kwerekeza muri iki kiguga cyatwaye igikombe cya shampiyona muri Espagne...
Ikipe ya Kiyovu Sports yaherukaga gutsinda APR FC impundu zigataha I Nyamirambo n’ahandi hose haba abakunzi bayo,yongeye kunyerera itakaza amahirwe yo gukomeza gukubana na APR FC.
Kiyovu Sports...
U Rwanda rwasohoye itangazo risaba urwego rw’ingabo z’Akarere zishinzwe kugenzura ibibera ku mipaka kuza mu Rwanda bagakora iperereza ku bisasu by’ingabo za Congo byaguye mu...
Nkuko umuntu agira ikintu akunda gukora , kurya ni ibindi ni nako akunda n’amagambo yumva mu matwi ye by’umwihariko ijambo umuntu abwirwa n’umukunzi we iteka yifuza ko ryaza ari ryiza rimwubaka aho...
Umunyana Annalisa wamenyekanye nka Mama Sava wamenyekanye muri firime y’uruhererekane ya Mama Sava yahishuye ko ari mu munyenga w’urukundo n’umusore n’umusore bahujwe n’inshuti yabo yamutanzemo...