Perezida wa Afurika y’ Epfo Jacob Zuma ku nshuro ya 6 yongeye gusimbuka kweguzwa n’ abadepite nubwo akekwaho ibyaha bya ruswa no kunyereza umutungo w’ igihugu.
Kuri uyu wa Kabili tariki 8 Kanama...
Kuri uyu wa 09 Kanama 2017 Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yatashye ku mugaragaro ikibuga cya Basketball giherereye kuri Club Rafiki I Nyamirambo mu mujyi wa Kigali.
Ni ibirori...
David Adedeji Adeleke wamamaye nka Davido yashyizwe ku rutonde rw’abahanzi bakomeye bakurikirwa na Cristiano Ronaldo kuri instagram. Ni nyuma yo kumuririmba mu ndirimbo yise ‘Fall’ iharawe cyane...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 08 Kanama 2017 nibwo itsinda ry’abasirikire 120 b’u Rwanda bageze mu mujyi wa Juba mu gihugu cya Sudani y’Epfo aho bagiye mu butumwa bw’amahoro.
Bahageze bafite...
Serihamye Aphrodis w’imyaka 46 y’amavuko afungiwe kuri sitasiyo ya Polisi ya Gatumba nyuma yo gufatanwa inoti zirindwi z’ibihumbi bibiri z’amafaranga y’u Rwanda z’inyiganano, mu gasanteri...