Mu gihugu cya Uganda umusore yishe umukunzi we ubwo yari yamusuye, amuziza kuvugana n’undi mugabo kuri telephone.
Mr Andrew Okoth, ukurikiranyweho kwica umukunzi we yatangarije inzego z’iperereza...
Umwe mu bagize inteko ishinga amategeko ya Leta zunze ubumwe z’ Amerika asanga Perezida w’ iki gihugu Donald Trump akwiye kwegura mbere y’ intego rusange yo kumweguza iterana.
Madamu Jackie Speier...
Umuyobozi wa Polisi ya Tanzaniya, IGP Simon N. Sirro yagiriye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ine mu Rwanda rukaba rugamije gukomeza umubano usanzwe hagati ya Polisi z’u Rwanda n’iya Tanzaniya...
Kuri uyu wa mbere taliki ya 07 Kanama nibwo ikipe ya mukura VS imaze gutangaza ko yasinyishije umukinnyi wahembwe nk’umukinnyi mwiza w’umwaka w’imikino ushize mu gihugu cy’Uburundi Gael Duhayindavyi...
Ikipe y’ u Rwanda Amavubi yatsinze Sudan ibitego 2-1, mu mukino wa gicuti wabaye kuri uyu wa Mbere taliki ya 07 Kanama kuri stade ya Kigali I Nyamirambo.
Uyu mukino amakipe yombi yawuteguye mu...
Abapolisi umunani bo mu gihugu cya Uganda bafunzwe na Polisi ya Kampala nyuma yo gusinzira bari k’uburinzi.Aba bose basanzwe mu duce dutandukanye bari kuburinzi ariko basinziriye.
ACP Siraje...
Umuhanzi akaba n’umuganga Muyombo Thomas wamamaye nka Tom Close na Ndayishimiye Marc Bertrand uzwi nka Bull Dog bahuriye mu ndirimbo bise ‘Igikomere’ bakaba bamaze gushyira hanze amashusho yayo....
Uyu munsi mu 1998 ikihebe Osama bin Laden cyakoze igikorwa gikomeye cyatumye FBI imushyira ku rutonde rw’abahigwa bukware.
Turi tariki ya 07 Kanama 07 Kanama, ni umunsi wa 219 mu minsi 365 igize...
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gufata indege indege iyerekeza mu gihugu cya Tanzania aho igiye kwitabira umukino izahuramo na Simba SC ku munsi w’ejo Taliki ya 08 kanama ubwo iyi kipe yo muri...