Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu, buvuga ko buhangayikishijwe n’ikibazo cy’amacumbi atujuje ibisabwa ndetse n’amazu yahinduwe amacumbi hirya no hino mu mujyi wa Gisenyi.
Ubuyobozi buvuga ko kuba hari...
Umuhanzikazi Janet Jackson w’imyaka 50 y’amavuko yibarutse imfura y’umuhungu mu rucyerera rwo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 03 Mutarama 2017.
Janet ni mushiki w’icyamamare Michael Jackson witabye...
Myugariro w’ikipe ya AS Kigali, Tubane James avuga ko akunda imbwirwaruhame za Perezida Kagame cyane kandi akaba ari nawe afata nk’itegererezo mu buzima bwe, ngo aramutse agize amahirwe yo guhura...
Wema Sepetu ni umunyamideli, umukinnyi wa Filime wubatse izina mu gihugu cya Tanzania yasibye amafoto yose yashyize kuri konti ya Instagram kuva yatangira kuyikoresha.
Wema wavuzweho kuba mu...
Perezida Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora Leta zunze ubumwe za Amerika yamaganiye kure ibyatangajwe na Perezida wa Koreya ya ruguru, Kim Jong Un, by’uko igisirikare cy’ iki gihugu...
Umuryango w’ Abibumye ONU, kuri uyu wa mbere tariki 2 Mutarama 2017, watangaje ko mu mwaka ushize wa 2016, ibikorwa by’ iterabwoba n’ ubundi bugizi bwa nabi mu gihugu cya Iraki byahitanye abasivile...
Urukiko rwo muri Leta ya Virginia muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rwatangiye kumva ubuhamya bw’abavandimwe b’umwami Kigeli wa Gatanu Ndahindurwa mbere y’uko rufata umwanzuro ntakuka...
Abaturage b’Umurenge wa Mukura mu Karere ka Rutsiro batangaza ko umubyeyi ubyariye mu rugo acibwa ibihumbi 10RWf, ibintu bafata nk’akarengane bakorerwa.
Umwe muri bo yagize ati “Baduca ibihumbi...
Bamwe mu bakoze imirimo yo kubaka mu muhanda Save-Mamba-Gikonko mu Karere ka Huye bahangayikishijwe no kuba umwaka urangiye batabonye amafaranga bakoreye.
Aatarishyuwe ni a bakoraga imirimo ya...