Umugabo yashyinguwe ari muzima nyuma yo guta ubwenge ari mu birori maze atungurana yikura mu gitaka yari yarunzweho. Víctor Hugo Mica Álvarez, w’imyaka 30, yari yitabiriye ibirori byabereye iwabo...
Kuri uyu wa Kane,Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Anthony Blinken, uri mu ruzinduko mu Rwanda yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi, yunamira inzirakarengane...
Rayon Sports yasinyishije Paul Were, Rutahizamu w’umunya-Kenya amasezerano y’umwaka umwe nyuma yo kugera mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu nijoro.
Yasinyiye Rayon Sports kuri uyu wa Kane mbere y’uko...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yakiriye Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za America, Antony Blinken bagirana ibiganiro byagarutse ku mubano usanzwe hagati y’Ibihugu byombi ndetse...
Haringingo Francis utoza ikipe ya Rayon Sports yahishuye ko ikipe afiye kugeza ubu yakina igatanga umusaruro nyuma yuko iyi Kipe yakiriye ba Rutahizamu...