Umutoza Karekezi Olivier wa Rayon Sports yatangaje ko yishimiye umwanzuro ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda wo gukomereza umukino wa Super Cup aho wari ugeze nyuma yo gusubikwa bitewe...
Ku munsi w’ejo nibwo ikipe ya Rayon Sports yakoze imyitozo yo kwitegura kurangiza umukino wa Super Cup wasubizwe kuwa Gatandatu taliki ya 24 Nzeri 2017 ugeze ku munota wa 63,ndetse abasore babiri...
Umudepite uhagarariye agace ka Arua mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda, Ibrahim Abiriga, yemeye ko yihagaritse ku muhanda hafi y’umuryango wa Minisiteri y’Imari.
Ni nyuma y’uko ifoto y’uyu...
Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe z’Amerika kuri uyu wa kabiri tariki ya 26 Nzeri 2017 yatangaje ko Amerika yiteguye bihagije gukoresha ingufu za gisirikare mu guhangana na Koreya ya...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida mushya w’igihugu cya Angola João Lourenço. Ni umuhango wabereye mu murwa mukuru i Luanda muri Angola aho ishyaka rya...
Moïse Katumbi, umwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi muri Republika iharanira demokarasi ya kongo, yatangaje kuri uyu wa kabiri tariki ya 26 Nzeri 2017 ko azahamagarira Abanyekongo kwitabira...