Abandi basirikare b’u Rwanda 140 barwanira ku butaka boherejwe mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Centrafrique, bahagurutse mu Rwanda ku isaha ya satatu n’iminota 30 kuri uyu wa kabiri tariki...
Umukinnyi Cristiano Ronaldo yongeye gufasha ikipe ye ya Real Madrid kwitwara neza mu mikino ya UEFA Champions League yari igeze ku munsi wa kabiri mu matsinda mu gihe umukinnyi Harry Kane yabaye...
Umuherwe Rujugiro Ayabatwa Tribert yatangaje ko afite icyizere ko igihe kizagera agasubirana inzu yahoze ari iye UTC yagurishijwe mu cyamurana ku mpamvu Leta y’ u Rwanda ivuga ko ari ukwishyura...
Itsinda ry’abayobozi bo hejuru mu ishyaka CPC (Communist Party of China) riyoboye Ubushinwa batangiye uruzinduko rw’iminsi 3 mu Rwanda rugamije gusangira ubunararibonye no kubaka ubushobozi hagati...
James Rudasingwa uhagarariye Kampani ya Kigali Investment Company (KIC) yaguze UTC mu cyamunara kuri uyu wa 25 Nzeri 2017, yatangaje ko biteguye kubyaza umusaruro iyi inzu, ngo ibyatangajwe na...
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 26 Nzeri 2017 nibwo hategerejwe imikino ya kabiri mu matsinda y’amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’I Burayi (UEFA Champions League,UCL) aho harakina kuva mu...