Perezida wa Niger Mahamadou Issoufou yamaze kwemeza ko azaba ari mu Rwanda mu irahira rya Perezida Paul Kagame wongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka 2017-24.
Mu mpera...
Umuhanzikazi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire yamuritse amashusho y’indirimbo nshya yise ‘Ni yo yabikoze’. Iyi ndirimbo nayo ikubiye kuri album nshya yise ‘New woman’...
Umuryango wa Ndayizeye Hamza na Muduhaneza batuye mu mudugudu wa Mubuga mu murenge wa Kimironko hazwi nko mu Izindiro mu mugi wa Kigali uravuga ko ufite umwana w’ umukobwa w’ amezi atatu wavugira...
Umuhanzikazi Phiona Mbabazi wamamaye ubwo yari mu irushanwa rya Tusker Project, yavuze ko nta rukundo yigeze agirana n’umuhanzi Mico The Best nk’uko byakunze kuvugwa, ngo ni umupangu bakoze kugira...
Abana ba Bernard Rujindiri batuye mu mudugudu w’ abasigajwe inyuma n’ amateka mu karere ka Kamonyi baravuga ko bugarijwe n’ ubukene bukabije baterwa no kuba inanga yabo yarariwe n’ imungu...
Mu gihugu cya Uganda hakomeje kugaragara ubwicanyi bukorerwa abagore n’ abakobwa mu bice bitandukanye. Kuri iki Cyumweru tariki ya 13 Kanama 2017, abandi bagore babiri babonywe bishwe mu gace ka...
Turi tariki ya 13 Kanama, ni umunsi wa 225. Iminsi 140 ni yo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo, iyi tariki imaze kuba ari ku Cyumweru inshuro 56.
Bimwe mu bintu bikuru bikuru mu byaranze...
Umusore Bimenyimana Bonfils Caleb uherutse kuvugwaho ko yaciye inyuma Rayon Sports bari bamaze kumvikana gukorana akerekeza muri mukeba wayo APR FC , yaraye ageze mu Rwanda kuri uyu wa gatandatu...
Ikipe ya Chelsea ntiyahiriwe no gutangira shampiyona ya Premier League cyane ko yatangiye itsindirwa ku kibuga cyayo Stamford Bridge n’ikipe ya Burnley ibitego 3-2 mu mukino yahawemo amakarita 2...
Kuri uyu wa taliki ya 12 Kanama 2017 nibwo hari hatahiwe gukina Rwanda Cycling Cup agace kahariwe gusigasira umuco (Race for Culture) aho abasiganwaga mu bagabo bahagurutse Gatuna berekeza I...