Ikipe ya Chelsea nyuma yo gutakaza umunyezamu wabo wari uwa kabiri Asmir Begovic werekeje mu ikipe ya AFC Bournemouth,kuri uyu wa gatandatu taliki ya 01 Nyakanga yamaze gutangaza ko yasinyishije...
Ali kiba uri mu bahanzi bubashywe muri muzika y’Afurika y’Iburasirazuba arashinjwa gutera inda umukobwa ariko akihunza ishinga zo kwita ku mwana uzavuka nk’uko uyu mukobwa ukomoka mu mujyi wa...
Umunya Espagne w’imyaka 37 Alejandro Valverde ukinira ikipe ya Movistar yakoze impanuka ikomeye cyane ubwo yasiganwaga mu gace ka mbere ka Tour de France kabaga kuri uyu wa gatandatu taliki ya 01...
Mu mikino ibanza ya kamarampaka mu bari n’abategarugori yabaye Kuri uyu wa gatandatiu tariki ya 1 Nyakanga ikipe y’Ubumwe yasoje shampiyona iri ku mwanya wa kabiri yatunguwe na IPRC Kigali mu gihe...
Morgan Heritage igizwe n’abavandimwe bakomoka ku muhanzi ukomeye muri Amerika witwa Denroy bageze mu Rwanda ku isaaha ya 15h30 ku kibuga cy’indege cya Kigali i Kanombe.
Aba bombi baherutse...
Dr Haron Mwangi umushakashatsi wahoze ari umuyobozi mukuru w’ inama nkuru y’ itangazamakuru muri Kenya yavuze ko impamvu muri Afurika abenshi mu bakandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika...
Diane Shima Rwigara uri mu bahatanira kuyobora u Rwanda yavuze ko mu minsi itambutse yagiranye ibiganiro na Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda, Erica J. Barks-Ruggles, byibanze cyane ku rutonde...