Iyo umuntu ari mu rukundo usanga hari imico abona k’uwo bakundana ariko akayirengagiza cyangwa se akumva ko uwo bagiye kubana azamuhindura bageze mu rugo. Nyamara ibyo biba ari ukwibeshya kuko...
Umusore w’imyaka 22 wo mu Karere ka Kayonza yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano, nyuma yo gushaka gusambanya nyina yabyanga akamukubita kugeza aho atabarwa n’abaturanyi.
Ibi byabaye ku wa Mbere...
Myugariro w’Umudage Nico Schulz arashinjwa gutera imigeri mu nda uwahoze ari umukunzi we ubwo yari atwite.
Schulz, ufite imyaka 29, ukina inyuma ku ruhande rw’ibumoso mu ikipe yo muri Bundesliga,...
Umuraperi Kanye West wahoze ari umugabo wa Kim Kardashian banabyaranye yabitse Pete Davisdon wamutwaye umugore byongera kuzamura umwuka utari mwiza hagati ye na Kim...
Umunyamabanga ushinzwe ububanyi n’amahanga wa Amerika yavuze ko Washington “itazategeka” amahitamo Africa ikwiye gufata kandi “nta n’undi ukwiye kubikora”.
Antony Blinken yagize ati: “Ibihugu bya...
Amatora ya Perezida muri Kenya yabaye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 09 Kanama 2022, nyuma yuko ibiro by’itora bifunguye ku isaha ya saa kumi n’ebyiri za mu gitondo (6h), ni ukuvuga saa kumi n’imwe...
Umuhanzi ukomeye wo muri Nigeria wamenyekanye nka Kizz Daniel nyuma yo kwanga gukora igitaramo yari yatumiwemo muri Tanzania bikamuviramo gufungwa yasabye kugezwa mu Rwanda byihuse aho afite...