Umuhanzikazi Nyarwanda ukunzwe na benshi bitewe n’indirimbo ze z’urukundo zikora ku mitima ya benshi, Bwiza Emerance yahishuye ko ikintu yishimira mu buzima bwe mu myaka amaze ku Isi ari ukuba...
Myugariro Rwatubyaye Abdul wakinaga mu ikipe ya FC Shkupi yo muri Macedonia yamaze gusinya amasezerano y’imyaka 2 mu ikipe ya Rayon Sports yagarutsemo nyuma yo kuyikinira kugeza muri 2019....
Ikigo gishinzwe amazi, isuku n’isukura (WASAC) cyatangaje ko kuva kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Kanama kugeza kuwa Gatanu tariki 12 Kanama 2022, ibice bimwe by’Umujyi wa Kigali bizaba bidafite...
Umudepite wo muri Kenya ari guhigwa nyuma y’uko ashinjwa kurasa akica icyegera cy’uwo bahanganye mu matora mu burengerazuba bwa Kenya.
Ababibonye bavuga ko Didmus Barasa, umudepite w’agace kitwa...
Ubuyobozi bw’ikigo ngenzuramikorere,RURA, buravuga ko muri gahunda yo kongera imodoka zitwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali, mu gihe kitarenze iminsi 2 hari izindi modoka 20 ziza kwiyongera ku...
Umugabo witwa Nzanywayimana Eliezer wo mu karere ka Nyamasheke uheruka kwica se na nyina abakase amajosi yarashwe uyu munsi na Polisi ubwo yashakaga gutoroka ubutabera.
Uyu Nzanywayimana...