Niyonshuti Ange Tricia umutambukanyi wa Tom Close yashimye Imana byimazeyo yamubaye hafi muri aya mezi icyenda kugeza yibarutse umwana w’umuhungu akaba ubuheta mu muryango wabo.
Kuva Tricia...
Komisiyo y’amatora mu Rwanda yatangaje ko Diane Shimwa Rwigara atagaragaye ku rutonde ntakuka rw’abahatanira kuyobora u Rwanda kubera ko imikono y’abamusinyiye yagaragayemo akamaso ndetse ko harimo...
Mu kanya gashize nibwo ikipe ya Rayon Sports imaze gusinyisha abakinnyi 2 b’ikipe ya Mukura VS Habimana Yussuf na Niyonzima Ally, bombi bamaze gusinya amasezerano azatuma bakinira iyi kipe mu...
Mpayimana Philippe niwe mukandida wigenga wenyine wemerewe kuziyamamariza kuyobora u Rwanda muri bane bari babyifuje.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 7 Nyakanga komisiyo y’ igihugu y’...
Umuryango wa Diamond Platnumz uri mu bihe bikomeye, nyuma y’aho kuri ubu mama wa Zari yongeye gusubira mu bitaro bitewe n’uko ubuzima bwe butifashe neza.
Nk’uko bitangazwa n’ibinyamakuru byo muri...
Umusore uri mukigero cy’ imyaka 28 ukora umurimo wo gucuruza m2u yakubiswe na bagenzi be inzego z’ umutekano zihagera bamaze kumugira inoge.
Ahagana mu ma saa y’ ine n’ igice kuri uyu wa Gatanu...