Ikipe ya APR FC ubu irabarizwa i Rubavu aho yagiye mu mwiherero wo gutegura umukino wo kwishyura wa CAF Confederation Cup bafite na Zanaco FC yo muri Zambia kuri uyu wa gatandatu tariki ya 18...
Rwatubyaye Abdul ari kumwe na Yves Rwigema bakinanye no muri APR FC
Rwatubyaye Abdul yavuze ko impamvu yatumye agenda adakiniye Rayon Sports ari uko yari afite amakipe menshi amwifuza ku...
Abanyeshuri 10 b’abakobwa bo ku kigo cy’amashuri cya GS Mpanga giherereye mu karere ka Kirehe, bajyanywe kwa muganga nyuma yo gufatwa n’indwara ituma bakuramo imyenda ndetse bakarwana nabo bahuye...
Abaturage bari hagati ya 200 na 215 kuva mu museso wo kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Gashyantare 2017, bakoraniye ku kicaro cy’Akarere ka Musanze aho bari gutakambira ubuyobozi ngo bubafashe...