Ubukungu
Inama y’abaminisitiri bahuriye mu ihuriro ry’umuhora wa ruguru irikube i Kigali
Yanditswe: Friday 14, Jul 2023
Kuri uyu wa 14 Kamena 2023 i Kigali hari kubera Inama y’abaminisitiri bahuriye mu ihuriro ry’umuhora wa ruguru, aho bari kurebera hamwe icyakorwa mu guteza imbere ubwikorezi muri uyu muhora ndetse n’ishyirwaho rya politiki n’ingamba zigena iyi gahunda yo guteza ubwikorezi imbere.
Ni inama kandi yabereyemo ihererekanyabubasha ryakozwe hagati y’u Rwanda rwari rumaze imyaka ibiri ruyoboye iyi komite y’ihuriro ry’umuhora wa ruguru mu bijyanye n’ubwikorezi, ubu ikaba igiye kuyoborwa n’igihugu cya Uganda.
Iri huriro ry’umuhora wa ruguru rihuriwemo n’ibihugu bitandukanye birimo; U Rwanda, Uganda, DRC, Burundi, Kenya ndetse na Sudan y’epfo.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *