skol
fortebet

Nigeria:Inzara yatumye igihugu kinjira mu bihe bidasanzwe

Yanditswe: Saturday 15, Jul 2023

featured-image

Sponsored Ad

Nyuma y’uko bigaragaye ko inzara ivuza ubuhuha muri Nigeria, Perezida Bola Tinubu yabwiye abaturage Bose ko bagomba gufata ingamba ngo bahangane n’icyo kibazo.

Sponsored Ad

Iki kibazo ahanini ngo cyatewe n’itumbagira ry’ibiciro, biturutse ku ntambara y’Uburusiya na Ukraine.Ibi bikaba bitarabaye ikibazo gusa kuri Nigeria

Leta ivuga ko iki kibazo cyakomeje gufata indi ntera, ariko muri uyu mwaka ho cyarushijeho gukara mu kwezi gushize ku buryo Igihugu cyahisemo gufata ingamba zikarishye kugira ngo babanze bahangane na cyo.

Zimwe mu ngamba zafashwe harimo gusakaza ifumbire mu baturage, bakongera imbaraga mu buhinzi aho kuzongera ku bikomoka kuri peteroli ari nabyo bikomeje gusa nibishyira iki gihugu mu bihe bidasanzwe.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa