Hakizimana Amani wamamaye nka Am G The Black yamaze gushyira hanze indirimbo nshya ‘Ntaho Tuzajya’,uyu muraperi yumvikana avuga amwe mu mazina y’abaraperi bacitse intege muri Hip Hop.
Muri iyi...
Mu mpera z’icyumweru gishije nibwo Mc Murenzi wamamaye nka Kamatali Murenzi kuri Contact FM, yasabye anakwa umukunzi we utuye muri Canada muri Leta zunze ubumwe za Amerika.
Kamatali Murenzi...
Ku munsi w’ejo taliki ya 08 Kanama 2017 nibwo Perezida wa Repubulika y’U Rwanda Paul Kagame yafunguye ku mugaragaro ikibuga cya Club Rafiki cyasanwe n’umuryango wa Giants Africa watangijwe na Masia...
Ikipe ya Real madrid ikomeje umuvuduko wo kwegukana ibikombe nyuma y’aho yaraye itwaye igikombe cya Super Cup itsinze Manchester United 2-11 umukino wabereye ku kibuga Filip II Arena mu mugi wa...
Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump yatangaje ko Koreya ya ruguru niramuka yibeshye igashaka guhungabanya umutekano wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, ishobora guhura n’akaga...
Turi tariki ya 9 Kanama n’umunsi wa 221, mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 144 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo, iyi tariki imaze kuba ari ku wa Gatatu inshuro 56.
Bimwe mu bintu...
Perezida wa Afurika y’ Epfo Jacob Zuma ku nshuro ya 6 yongeye gusimbuka kweguzwa n’ abadepite nubwo akekwaho ibyaha bya ruswa no kunyereza umutungo w’ igihugu.
Kuri uyu wa Kabili tariki 8 Kanama...