Ikipe y’igihugu Amavubi yazamutse ku rutonde ngarukakwezi rw’ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi FIFA umwanya umwe aho yaje ku mwanya wa 127 ku rutonde rushya rwasohotse kuri uyu wa kane taliki...
Umusore witwa Nsengiyumva Dieu Donne w’ imyaka 23 y’ amavuko bamusanze yapfiriye mu giti anagana mu mugozi, ngo yasize avuze ko nyirabuja yari yaramwanduje SIDA.
Mu gitondo cyo kuri uyu Kane...
Ikipe ya Rayon Sports biravugwa ko yamaze gusinyisha umusore Rutanga Eric wakiniraga ikipe ya APR FC wiyongera ku bandi basore iyi kipe yaguze muri mukeba barimo Rwatubyaye Abdoul na Rwigema Yves...
Umukokobwa witwa Judith uri mu kigero cy’ imyaka 20 yaguye mu modoka ya kampani itwara abagenzi (Kigali Safaris) arapfa
Mu ma saa sita kuri uyu wa Kane tariki 6 Nyakanga 2017, nibwo muri gare...
Ikipe ya Bugesera FC ikomeje inzira yo kwiyubaka aho yamaze kugura abakinnyi bakomeye barimo ni umusore wahoze akinira Rayon Sports n’Amavubi Ndatimana Robert ndetse banongerera amasezerano...
Ku munsi w’ejo taliki ya 05 Nyakanga nibwo ikipe ya Arsenal FC yo mu Bwongereza yatangaje ku mugaragaro ko yasinyishije rutahizamu w’Umufaransa wakiniraga ikipe ya Lyon Alexandre Lacazette kuri...
Pasiteri Desire Habyarimana usengera mu itorero rya Pantekoti mu Rwanda " ADEPR" yarekanye ko abapagani bataba hanze y’urusengero gusa ahubwo ko no mu rusengero imbere babamo anerekana ibimenyetso...
Umukinnyi Cristiano Ronaldo yaje ku mwanya wa Gatatu mu byamamare byinjiza amafaranga binyuze mu gukurikirwa cyane ku rubuga nkoranyambaga rwa Instagram nyuma ya Selena Gomez uri ku mwanya wa...