Perezida w’ u Burundi Pierre Nkurunziza yatutswe n’ abantu batandukanye ku rubuga rwa Twitter nyuma yo kwandikaho ko yifatanyije na Perezida Kenyatta wa Kenya ku ntsinzi yabonye mu matora yabaye ku...
Muri iyi minsi ikipe ya Barcelona iri gushaka umukinnyi wo gusimbura Neymar Jr uherutse kugurwa akayabo ka miliyoni 222 z’amayero n’ikipe ya PSG aho kwisonga bifuza undi munya Brazil Philippe...
Umunyeshuri wiga muri kaminuza ya Mount Kenya University yatsindiye kuba umudepite w’ amajyepfo y’ agace ka Igembe.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 10 Kanama 2017 nibwo byatangajwe ko Mr...
Kuri uyu munsi Taliki ya 10 Kanama 2017, nibwo hatangira irushanwa rikomeye mu gusiganwa ku magare muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika rya Colorado Classic aho na Team Rwanda iri mu makipe yitabiriye...
Umunyamideli Shaddy Boo wahoze ari umugore wa Producer Meddy Saleh banafitanye abana, avuga ko mu myaka amaze akoresha imbuga nkoranyambaga amaze kunguka byinshi, ngo kuri we umukobwa wambaye...
Umuhanzi nyarwanda Ngabo Medard wamenyekanye ku izina ry’ubuhanzi rya Meddy, ubarizwa ku mugabane wa Amerika guhera mu mwaka wa 2010, yashyize indirimbo ye nshya hanze binavugwa ko ishobora no...
Ikipe y’igihugu Amavubi amaze kurira indege kuri uyu wa kane Taliki ya 10 Kanama 2017 yerekeza muri Uganda aho agiye gushaka itike yo kwerekeza mu mikino ya CHAN 2018 izabera muri Kenya.Aya makipe...