Mu gihugu cya Brezil hari kubera imiyereko y’abakobwa 27 bari guhatanira ikamba rya miss urusha abandi kugira ikibuno cyiza ndetse giteye amabengeza.
Mu gihe bimenyerewe ko ku Isi habaho...
Polisi y’u Rwanda iragira inama abishora mu biyobyabwenge; ni ukuvuga ababyinjiza mu gihugu, ababitunda, ababinywa n’ababikoresha kubireka kubera ko, usibye kuba ari icyaha bibateza igihombo...
Turi ku wa Kane tariki ya 10 Kanama ni umunsi wa 222 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 143 niyo isigaye ngo ugere ku musozo, iyi tariki imaze kuba ari ku wa Kane inshuro 56.
Bimwe mu bintu...
Nyuma y’uko Trump atangarije ko Koreya ya ruguru niramuka ishatse guhungabanya Amerika, izahura n’akaga, Koreya ya ruguru yateguye misile yo guterwa muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika.
Koreya ya...