Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 7 Mutarama 2017, shampiyona iraba ikomeza hakinwa imikino y’umunsi wa 12, hakaba hateganyijwe imikino ine.
Umukino w’umunsi ni uwo APR FC igomba kwakiramo AS...
Umuririmbyi Savara Mudigi umwe basore bane bagize itsinda Sauti Sol ryo mu gihugu cya Kenya yateje impanuka ubwo yari atwaye imodoka ye akagongana n’utwaye moto mu muhanda.
Nyuma y’iyi mpanuka...
Ikipe ya Espoir nyuma yo gutsikira igatsindwa na APR FC, yabyukiye kuri Kiyovu iyitsinda 2-1, ihita ifata umwanya wa 4 iwukuraho Police mu gihe ifite ku munsi w’ejo umukino na Sunrise.
Wari...
Rose Muhando wo muri Tanzania wamenyekanye cyane mu ndirimbo zihimbaza Imana aranyomoza ibyavuzwe bikanandikwa ko yaba akoresha ibiyobyabwenge. Uyu muhanzikazi avuga ko abavuga ibyo ari abashaka...
Iyi ni imvugo ya Gén. Philbert Habarugira na Gen Niyombare abasirikare b’u Burundi bahunze nyuma y’ipfuba rya Coup d’Etat yo ku wa 13 Gicurasi 2015.
Gén. Philbert Habarugira, we akaba yaravugaga ko...
Sous Lieutenant Seyoboka Henry Jean Claude ukurikiranyweho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, yanze umwunganira mu mategeko witwa Me Uwimana Channy.
Uyu mwunganizi yari yamuhawe...