Ikipe ya Chelsea,yateye gapapu Arsenal iyitwara umukinnyi ukina asatira Raphinha bari hafi kumvikana ku biciro ngo ayerekezemo.
Nk’uko ikinyamakuru The Athletic kibitangaza ngo Chelsea yemeye...
Turukiya yemeye kuri uyu wa kabiri ko Finlande na Suwede bikomeza urugendo rwo gusaba kwinjira m’ushyirahamwe rya OTAN rishinzwe gufatanya mu kurwanya...
Umukinnyi wo hagati,Niyonzima Olivier Sefu, ukinira As Kigali yatangaje ko yishimiye gutsinda APR FC yahozemo ndetse yemeza ko ikimushimisha kurusha ibindi ari uko ikipe yose agiyemo atwara...
Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza Boris Johnson yavuze ko Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin atari kuba yarateye Ukraine iyo aza kuba ari umugore.
Johnson yavuze ko igitero cy’Uburusiya...
Igitego kimwe cya Kalisa Rachid cyatumye Ikipe ya AS Kigali FC yegukana Igikombe cy’Amahoro cya 2021/22, itsinze APR FC mu mukino wari ishyiraniro.
Mu mukino wa nyuma wahuje aya makipe yombi...
Ikipe ya AS Kigali yegukanye igikombe cy’amahoro ku nshuro ya kane(2001,2013,2019 &2022) mu mateka yayo nyuma yo gutsinda APR FC igitego 1-0 ku mukino wa nyuma wabereye kuri stade ya Kigali I...
Umugabo wo mu gihugu cya Ghana yahuye n’uruva gusenya ubwo yafatirwaga mu cyuho ari kwiba igitoki hanyuma ategekwa kukirya cyose ari kibisi.
Mu mashusho yakwirakwijwe kuri Instagram yagaragaje...