skol
fortebet

Hari inzu nziza igurishwa iri muri Nyamata, hari n’izindi nyinshi wasanga ku rubuga www.mdgrou.com

Yanditswe: Friday 10, Jan 2020

Sponsored Ad

Multi Design Group Ltd ibafiteye inzu nziza iherereye mu Karere ka Bugesera muri Nyamata muri metero Maganacyenda (900 metre) uvuye ku muhanda wa kaburimbo ahantu heza cyane.
Iyi nzu ifite ubuso bwa metero kare igihumbi na Magana atanu na cumi n’eshatu (1513 m2) igizwe n’ibyumba byo kuraramo 4, douche 2, saloon, aho kurira (Dinner room), igikoni kiza mu nzu ,stock, ikaba ifite n’amabaraza abiri imbere n’inyuma aho mwicara mufata akayaga.
Ifite kandi ubusitani bunini bwakwakira abantu benshi (...)

Sponsored Ad

Multi Design Group Ltd ibafiteye inzu nziza iherereye mu Karere ka Bugesera muri Nyamata muri metero Maganacyenda (900 metre) uvuye ku muhanda wa kaburimbo ahantu heza cyane.

Iyi nzu ifite ubuso bwa metero kare igihumbi na Magana atanu na cumi n’eshatu (1513 m2) igizwe n’ibyumba byo kuraramo 4, douche 2, saloon, aho kurira (Dinner room), igikoni kiza mu nzu ,stock, ikaba ifite n’amabaraza abiri imbere n’inyuma aho mwicara mufata akayaga.

Ifite kandi ubusitani bunini bwakwakira abantu benshi na parking ihagije yakwakira imodoka 3. Ni inzu ifite ibikoresho byose bimeze neza imbere, amazi, umuriro, igipangu cy’amatafari ahiye.


Akarusho kuri iyi nzu ni uko ifite na annexe nini igizwe na saloon, ibyumba 2 byo kuraramo, na douche. Iyi nzu ikaba iherereye muri karitsiye nziza. Ikaba yarabariwe igiciro cya miliyoni 50 z’amafaranga y’u Rwanda.



Kubifuza kureba andi mazu nibibanza basura iri soko rusange www.mdgrou.com wasanga ho ubwoko bwose ari agurishwa ndetse n’akodeshwa aherereye ahantu heza ku giciro cyiza.

Multi Design Group ni sosiyete y’ubucuruzi isanzwe itanga serivisi zitandukanye zirimo kugena agaciro k’imitungo, gucunga imitungo itimukanwa, gukora no gucunga imishinga n’ibindi. Ikaba ari bamwe mu baterankunga ba Miss Rwanda 2020 aho bazahemba Igisonga cyambere asaga Million imwe nibihumbi Magana abiri yamanyarwanda ( 1,200,000 Rwf) n’itike y’indege izahabwa Miss Rwanda.

Multi Design Group ikaba itanga na servise zo kugurisha no gukodesha imitungo itimukanwa amazu n’ibibanza ku rubuga rwa www.mdgrou.com aho umuntu wifuza kugura inzu cyangwa ikibanza agana uru rubuga ruba ruriho imitungo itimukanwa y’ubwoko bwose iherereye mu bice byose by’ U Rwanda cyangwa agakorana n’abakozi b’iyi company babyigiye bakakugira inama zijyanye n’ibyo wifuza kuko amategeko yerekeye ubutaka mu gihugu baba bayazi bakanagufasha kubona ibihwanye nibyo wifuza ku giciro cyiza kandi mu gihe gito.

Tukaba tuboneyeho no gushishikariza abantu bafite amazu yo kugurisha cyangwa se ayo gukodesha yaba ayo gucururizamo, ama apartments cyangwa se andi asanzwe yo guturamo ko batugana tugakorana tukabashakira aba clients bazikodesha ndetse n’abagura kubashaka kugurisha .

Abantu bashaka kugura amazu n’ibibanza tubahaye ikaze batugane bazahabwa serivisi nziza banakorane n’abakozi babyigiye babifitemo uburambe. Ku bindi bisobanuro wagana urubuga rwa www.mdgrou.com cyangwa se ugahamagara numero Tel: (+250) 782456085/ (+250) 788581726 .

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa