Itangazo rya cyamunara y’imodoka yo mu bwoko bwa Ranger Rover Sport
Yanditswe: Friday 23, Oct 2020
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 30/10/2020 guhera saa cyenda n’igice (15h30) azateza mu cyamunara imodoka yo mu bwoko bwa Range Rover Sport ifite plaque no RAD 111 G ya Usengimana Kamali Emmanuel iherereye mu kigo cya SOLVEPEX kiri mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Kicukiro, Akagali ka Kangoma, umudugudu wa Intaho kugira ngo hishyurwe umwenda abereyemo Sekamana Gaspard.
Cyamunara ikaba izabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi (...)
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 30/10/2020 guhera saa cyenda n’igice (15h30) azateza mu cyamunara imodoka yo mu bwoko bwa Range Rover Sport ifite plaque no RAD 111 G ya Usengimana Kamali Emmanuel iherereye mu kigo cya SOLVEPEX kiri mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Kicukiro, Akagali ka Kangoma, umudugudu wa Intaho kugira ngo hishyurwe umwenda abereyemo Sekamana Gaspard.
Cyamunara ikaba izabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel igendanwa ya Me Anitha Dusabe : 0781286331.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *