Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa ugizwe n’ikibanza n’inzu uherereye i Gihundwe mu Karere ka Rusizi
Yanditswe: Wednesday 14, Aug 2019
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatatu taliki 21/8/2019 azagurisha muri cyamunara ku ncuro ya mbere umutungo utimukanwa wa Nzeyimana Theoneste na Nyandwi Marie Gorette ugizwe n’inzu ndetse n’ikibanza kugira ngo harangizwe urubanza no RC00099/2018/TB/KMB rwaciwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Kamembe.
Saa yine za mu gitondo hazagurishwa inzu naho saa sita z’amanywa hagurishwe ikibanza. Byose bikaba biherereye mu Karere ka Rusizi, Umurenge wa Gihundwe, Akagali ka (...)
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatatu taliki 21/8/2019 azagurisha muri cyamunara ku ncuro ya mbere umutungo utimukanwa wa Nzeyimana Theoneste na Nyandwi Marie Gorette ugizwe n’inzu ndetse n’ikibanza kugira ngo harangizwe urubanza no RC00099/2018/TB/KMB rwaciwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Kamembe.
Saa yine za mu gitondo hazagurishwa inzu naho saa sita z’amanywa hagurishwe ikibanza. Byose bikaba biherereye mu Karere ka Rusizi, Umurenge wa Gihundwe, Akagali ka Burunga Umudugudu wa Karushaririza.
Cyamunara ikaba izabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel igendanwa ya Me Idrissa Mulindabigwi: 0788353677.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *