Itangazo rya cyamura y’umutungo utimukanwa ugizwe n’ikibanza cyubatsemo inzu mu murenge wa Kigabiro Akarere ka Rwamagana
Yanditswe: Friday 14, Dec 2018
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu babyifuza bose ko kuwa gatanu taliki ya 21/12/2018 guhera saa tanu za mugitondo (11h00) hazaba cyamura y’umutungo utimukanwa wa Nzayisenga Michel na Habimana Denyse ugizwe n’ikibanza cyubatsemo inzu uherereye muKagali ka Cyanya, Umurenge wa Kigabiro Akarere ka Rwamagana. Cyamunaraikazabera aho uwo mutungo uherereye. Ku bindi bisobanuro mwabariza kuri nomero 0783743533/0788860537.
Itangazo ryose rikaba riri hano (...)
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu babyifuza bose ko kuwa gatanu taliki ya 21/12/2018 guhera saa tanu za mugitondo (11h00) hazaba cyamura y’umutungo utimukanwa wa Nzayisenga Michel na Habimana Denyse ugizwe n’ikibanza cyubatsemo inzu uherereye muKagali ka Cyanya, Umurenge wa Kigabiro Akarere ka Rwamagana. Cyamunaraikazabera aho uwo mutungo uherereye. Ku bindi bisobanuro mwabariza kuri nomero 0783743533/0788860537.
Itangazo ryose rikaba riri hano hasi:
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *