skol
fortebet

ITANGAZO RYO KURANGISHA UMUNTU WABUZE

Yanditswe: Sunday 08, Mar 2020

Sponsored Ad

Umuryango wa MBARUSHIMANA Martin na Nirere Anne Marie utuye mu Ntara y’Amajyepfo, Akarere ka Nyaruguru, Umurenge wa Nyagisozi mu kagari ka Maraba mu mudugudu wa Bugarama,urarangisha uyu Mbarushimana Martin wabuze mu 1996 kugeza nubu akaba ataraboneka.
Kugeza ubu umuryango we nturabasha kumenya aho yagiye kandi akaba yaragiye ntawe abwiye.Mbarushimana Martin yavutse mu mwaka wa 1967.
Kuva icyo gihe, umuryango we wakomeje kumushakisha ndetse no gutegereza ko yagaruka ariko amaso yaheze mu (...)

Sponsored Ad

Umuryango wa MBARUSHIMANA Martin na Nirere Anne Marie utuye mu Ntara y’Amajyepfo, Akarere ka Nyaruguru, Umurenge wa Nyagisozi mu kagari ka Maraba mu mudugudu wa Bugarama,urarangisha uyu Mbarushimana Martin wabuze mu 1996 kugeza nubu akaba ataraboneka.

Kugeza ubu umuryango we nturabasha kumenya aho yagiye kandi akaba yaragiye ntawe abwiye.Mbarushimana Martin yavutse mu mwaka wa 1967.

Kuva icyo gihe, umuryango we wakomeje kumushakisha ndetse no gutegereza ko yagaruka ariko amaso yaheze mu kirere ariyo mpamvu wifuje gutanga iri tangazo kugira ngo uwaba azi aho aherereye abe yabafasha cyane ko utazi niba yarapfuye cyangwa se niba akiriho.

Ni muri urwo rwego uyu muryango usaba buri wese waba uzi amakuru ya Mbarushimana Martin cyangwa irengero rye ko yamenyesha ubuyobozi bwa police bumwegereye cyangwa agahamagara kuri 0784944254/ 0784417320/ 0788926014/0788620590.

Utanze itangazo ni

NIRERE ANNE MARIE

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa