skol
fortebet

wari uzi ko gukaraba buri munsi bigira ingaruka? dore zimwe muri zo

Yanditswe: Tuesday 07, May 2024

featured-image

Sponsored Ad

Abashakashatsi Julie Russak na David Whitlock, bagaragaje ko kwoga bigabanya utunyabuzima( bacteria) turinda uruhu kwangirika bityo ko atari byiza kubikora.

Sponsored Ad

Bavuga ko umuco wo kwiyuhagira buri munsi udafite akamaro ku buzima bwa bantu, ariko abantu babikora, batinya gushyirwa mu kato kubera impumuro mbi.

Nk’uko ubushakashatsi bwakozwe n’inzobere ku buzima, harimo na Julie Russak, inzobere mu kuvura indwara z’uruhu, i Manhattan, muri Amerika, yasobanuye ko umuco wo kwiyuhagira buri gihe ushobora gukuraho udukoko( bacteria ) turinda uruhu rw’abantu.

Na none, impuguke mu butabire, David Whitlock wamaze imyaka 12 atikoza amazi ahubwo akajya yitera imibavu mu rwego rwo kurinda utwo dukoko turinda uruhu kwangirika, na we asaba abantu guhagarika kwiyuhagira kugira ngo bongere izo bacteria ku mubiri wabo, kuko avuga ko zifitiye akamaro ubuzima bw’abantu.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa