Nyuma y’iminsi mike umuhanzikazi Butera Knowless n’umugabo we Ishimwe Clement berekeje ku mugabane w’Iburayi aho bari mu biruhuko bakomeje kugaragaza ko baryohewe n’ubuzima baterana imitoma ku imbugankoranyambaga zabo.
Umusore Mugisha Samuel watwaye irushanwa rya Rwanda cycling Cup kuwa Gatandatu taliki ya 21 Ukwakira 2017 ubwo abasore 30 bazatorwamo 15 bazitabira Tour du Rwanda bahatanaga kuva Nyanza...
Kuri iki Cyumweru taliki ya 22 Ukwakira 2017, nibwo ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball mu Rwanda FERWABA ryagize inama rusange isanzwe aho ku murongo w’ibyigwa harimo gushyiraho I taliki...
Kuri iki cyumweru nibwo hakomezaga imikino ya shampiyona y’umunsi wa 3 aho ikipe ya Police FC yihanije ikipe y’Amagaju yari yatangiye neza iyitsinda ibitego 4 ku busa ndetse rutahizamu Songa Isaie...
Ikipe ya Rayon Sports yabonye umuyobozi nyuma y’inama rusange yateranye kuri iki cyumweru tariki ya 22 ukwakira 2017 ikemeza Paul Muvunyi nka Perezida wayo asimbuye kuri uyu mwanya Gacinya Chance...
Umuririmbi Niyibikora Safi wa Urban Boys yakomoje ku buzima abayemo nyuma yo kurushinga na Niyonizera Judithe, anavuga byimbitse uko yitwaye mu kibazo cyo kuvugwa ku mugore we wabanje gukunda...
Umuhanzikazi Butera Jeanne d’Arc uzwi nka Knowless amaze kuba uwo yari yarifuje kuba we mu myaka myinshi yashize nkuko yabitangaje.
Umuhanzikazi Butera Knowless kuri ubu akaba umubyeyi w’umwana...
Umutoza wungirije w’ikipe ya Rayon Sports Ndikumana Hamad uzwi nka Katauti yatangaje ko impamvu yatumye ikipe ya Rayon Sports itsindwa umukino w’umunsi wa 3 wa shampiyona na Bugesera FC ari uko...
Umutoza w’ikipe ya Manchester United Jose Mourinho yatunguye abafana b’iyi kipe ubwo yavugaga ko yishimiye ko ikipe ye itsinzwe na Huddersfield Town yazamutse mu cyiciro cya kabiri uyu mwaka ku...