Impaka zikomeje kuba nyinshi kuri Mutambuka Derrick uzwi nka Dj Dizzo uri kuvugwaho ko yafunzwe imyaka icyenda ashinjwa gufata abagore ku ngufu ibi bikaba bivuzwe nyuma y’uko ageze mu Rwanda aho avuga ko yifuje gusoreza urugendo rw’ubuzima bwe aho yabwiwe n’abaganga ko asigaje iminsi 90 yo...
Kuri uyu wa Gatandatu nibwo shampiyona y’Ubwongereza yari igeze ku munsi wa 8 aho amakipe y’ibikomerezwa yatakaje amanota mu gihe ikipe ya Manchester City ikomeje kuyobora iyi shampiyona ndetse no...
Ikipe ya APR FC ntiyashoboye kubona amanota 3 ku mukino wa kabiri wa shampiyona y’u Rwanda aho yanganyije na FC Marines mu gihe AS Kigali yo yabonye amanota yayo ya mbere mu gihe Amagaju akomeje...
Urutonde rw’abazahatanira ibihembo mu bitwaye neza mu muziki muri Amerika bizwi nka (American Music Awards) rwagiye ahagaragara. Abahanzi bakomeye ku isi nka Bruno Mars, Drake na Ed Sheeran ni...
Umunyezamu akaba na kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports Ndayishimiye Eric uzwi cyane nka Bakame yabwiye itangazamakuru ko buri mukino Rayon Sports iwufata nk’umukino wa nyuma ndetse biteguye gutsinda...
Umunya Ghana Kevin Prince Boateng ukinira ikipe ya Eintracht Frankfurt yagiriye inama FIFA yo gukoresha ikoranabuhanga ry’amashusho mu kuvumbura abafite irondaruhu ndetse bagahita bahagarikwa ku...
Kuri uyu wa Gatandatu no ku cyumweru harakomeza imikino ya shampiyona y’ u Rwanda Azam Rwanda Premier League igeze ku munsi wayo wa kabiri aho amakipe atandukanye Hirya no hino araza gucakirana....
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 14 Ukwakira nibwo hateganyijwe isubukurwa rya shampiyona y’Ubwongereza igeze ku munsi wa 8 aho hitezwe umukino ukurikirwa n’abantu benshi mu Bwongereza uhuza...
Ibitego bya Mico Justin na Songa Isaie nibyo bitumye ikipe ya Police FC ibona amanota 3 yayo ya mbere muri shampiyona y’uyu mwaka 2017-2018 nyuma yo gutsindwa na Etincelles FC ku mukino wa mbere...