Impaka zikomeje kuba nyinshi kuri Mutambuka Derrick uzwi nka Dj Dizzo uri kuvugwaho ko yafunzwe imyaka icyenda ashinjwa gufata abagore ku ngufu ibi bikaba bivuzwe nyuma y’uko ageze mu Rwanda aho avuga ko yifuje gusoreza urugendo rw’ubuzima bwe aho yabwiwe n’abaganga ko asigaje iminsi 90 yo...
Urugamba rugeze mu mahina ku makipe y’ibihugu ari gushaka itike yo kwerekeza mu mikino ya nyuma y’igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya mu mwaka utaha,aho menshi mu makipe akomeye ari mu mazi abira...
Mu minsi ishize nibwo umusore Nshuti Dominique Savio yatangaje ko adashaka kubagwa kubera ko atinya ko ashobora kumara igihe kinini adakina kandi hari ikipe yo mu Bubiligi imwifuza mu kwezi kwa...
Abayizera Marie Grace[Young Grace] ni umwe mu bahanzikazi bo mu Rwanda bakora Hip Hop, yasakaje amashusho ayanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram amugaragaza agotomera inzoga y’uruganda rwa SKOL....
Umuririmbyi Diamond Platnmuz n’umugore we, Zari The Lady Boss bakomeje kugarukwaho cyane mu itangazamakuru umunsi ku wundi, nyuma y’uko bitangajwe ko batagicana uwaka, uyu muhanzi yakomeje...
Umuraperi Bac-T ufatwa nka numero ya mbere mu Rwanda mu kurapa mu rurimi rw’igiswahili, kuri ubu arimo gukorana bya hafi n’umuraperi Shiva ukomoka mu Buhinde ariko akaba akorera muzika ye mu gihugu...
Ikipe ya Volleyball ya Kaminuza yigisha ibijyanye n’ubukerarugendo UTB, ishaka kuba mpatse amakipe mu mwaka wa shampiyona utaha,yatangiye kugura abakinnyi bakomeye barimo Kavalo akumuntu Patrick...
Uruganda rwa SKOL rwamaze gushyikiriza ikipe ya Rayon Sports akabari ko kuyifasha gukomeza gutera imbere nyuma yo kububakira ikibuga cy’imyitozo giherereye mu kagari ka Nzove, umurenge wa...