Kuri uyu wa kabiri taliki ya 26 Nzeri 2017 nibwo hategerejwe imikino ya kabiri mu matsinda y’amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’I Burayi (UEFA Champions League,UCL) aho harakina kuva mu...
Umutoza w’ikipe ya APR FC Jimmy Mulisa aratangaza ko atishimiye imyanzuro ishyirahamwe ry’umupira w’amaguruu rimaze iminsi rifatira ikipe ya APR FC aho abona iri shyirahamwe rirenganya ikipe abereye...
Nkuko amakuru agera ku Umuryango abivuga amakipe yo mu Rwanda agiye gutangira kwishyuzwa n’ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro cyane ko bamenyeshejwe ko bagomba gusora mu mwaka wa 2010.
Amakipe...
Niyonzima Pacifique, wari umufana w’ ikipe ya APR FC, yarohamye mu kiyaga cya Kivu ubwo yari yagiye I Rubavu gushyigikira APR mu mukino wayihuje na Rayon Sports ku wa Gatandatu tariki 23 Nzeli...
Umutoza w’ikipe ya APR FC Mulisa Jimmy aratangaza ko ikipe ya APR FC atoza bitayorohera kwishyura Rayon Sports ibitego 2-0 mu minota 27 izakinwa ku wa Gatatu mu mukino wa Super cup. Nyuma y’aho...
Nyampinga w’u Rwanda 2017, Iradukunda Elsa, yamaze kugera mu Mujyi wa Frankfurt mu Budage; aho yavue mu Rwanda kuri iki cyumeru tariki ya 24 Nzeri yerekeza i Burayi.
Mbere yo gufata indege...