Umukinnyi Bizimana Djihad w’imyaka 23 usanzwe akinira ikipe ya APR FC yamaze kwerekeza mu Budage guukora igeragezwa mu ikipe ya Fortuna Dusseldorf ibarizwa mu cyiciro cya kabiri muri iki gihugu....
Ikipe ya Manchester City yamaze gutangaza ko yiteguye guhemba umukinnyi Alexis Sanchez ibihumbi 400 by’amapawundi ku cyumweru kugira ngo akomeze atere umugongo ikipe ya Arsenal FC itifuza kumureka...
Disi Dieudonne wabaye umukinnyi ukomeye mu gusiganwa ku maguru aho yitabiriye imikino Olimpike yabereye mu Bugereki mu mwaka wa 2004 aratangaza ko yishimiye urwego Muhitira Felicien uzwi nka...
Olivia Shanks ni umukobwa w’imyaka 24 y’amakuvo, avuka mu gihugu cya Virginia muri leta zunze ubumwe za Amerika, akomeje kuba ikimenyabose no gukundwa cyane kubera uburyo yatakaje ibiro mu myaka...
Umukecuru uzwi ku izina rya Grandma Shon ukomoka mu ntara ya California muri Leta Zunze Ubumwe za America, aterwa ishemo n’imiterere y’umubiri we harimo amabere n’ikibuno, aho kandi akomeje...
Umunya Argentina Lionel Messi yasabye umutoza w’ikipe ya FC Barcelona Ernesto Valverde ko yifuza ko bakwirukana abakinnyi 6 barimo abo baherutse kugura uyu mwaka mu rwego rwo kugira ngo iyi kipe...
Ikipe ya APR FC imaze ibyumweru 2 ikora imyitozo ifite umukino wa gicuti ku munsi w’ejo ku cyumweru taliki ya 20 Kanama,aho izacakirana n’ikipe ya kayiranga Baptiste ku I saa cyenda n’igice....