Ikipe y’igihugu Amavubi yongeye kuzamuka ku rutonde rwa FIFA aho yigiye imbere umwanya umwe, ikava ku mwanya wa 119 ikagera ku mwanya wa 118, mu gihe ku isi Ubudage bwisubije umwanya wa mbere...
Umunyamideli Shady Boo akaba umuhanga mu kwifotoza agaragaza ikimero, yongeye gufotorwa ari kumwe n’inshuti ze z’akadasohoka yambaye ikanzu hafi yo kumwambika ubusa ari nako atumura shisha iharawe...
Umutoza w’ikipe ya AS Kigali Nshimiyimana Eric na Karekezi Olivier bikomye Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda kubera imitegurire mibi yaraye igaragaye mu mukino w’Agaciro Development Fund...
Umukinnyi Mico Justin ukinira ikipe y’igihugu Amavubi na Police FC yatangaje ko ameze neza ku buryo mu kwezi gutaha ashobora kuzagaruka mu kibuga kugira ngo afashe ikipe ya Police FC mu...
Umutoza w’ikipe ya AS Kigali yatangaje ko gutsinda Karekezi Olivier mu mukino w’Agaciro Development Fund ari ukumuha ikaze mu mupira w’amaguru mu Rwanda cyane ko ataramenyera ibijyanye no gutoza mu...
Umunyamerikakazi Serena Williams uri mu bagore bubatse izina muri siporo nk’umwuga akanashimangira izina rye mu kibuga cya Tennis, we n’umugabo we bamaze gutangaza izina ry’umwana wabo nyuma...
Ikipe ya Real Madrid ifite igikombe cya UEFA Champions League giheruka yitwaye neza mu mukino wa mbere mu matsinda aho yanyagiye ikipe ya Apoel Nicosia ibitego 3-0,mu gihe amakipe nka Manchester...
Ikipe ya AS Kigali imaze gutsinda ikipe ya Rayon Sports igitego 1-0 mu mukino wa kabiri w’igikombe cy’Agaciro Development Fund nyuma y’aho umusore Kwizera Pierrot yahawe ikarita itukura igice cya...