Mu Karere ka Rwamagana abagabo babiri bafatanywe ibihumbi 45Rwf y’amiganano bitewe nuko umwe yishyuye inoti ya 5000 mu kabari bikagaragara ko ari amiganano birangira avuze uwayamuhaye bose...
Umuhanzikazi Nyarwanda ukunzwe na benshi bitewe n’indirimbo ze z’urukundo zikora ku mitima ya benshi, Bwiza Emerance yahishuye ko ikintu yishimira mu buzima bwe mu myaka amaze ku Isi ari ukuba...
Myugariro Rwatubyaye Abdul wakinaga mu ikipe ya FC Shkupi yo muri Macedonia yamaze gusinya amasezerano y’imyaka 2 mu ikipe ya Rayon Sports yagarutsemo nyuma yo kuyikinira kugeza muri 2019....
Myugariro w’Ikipe y’Igihugu, Amavubi, Rwatubyaye Abdul, yasinyiye Rayon Sports amasezerano y’imyaka ibiri, nyuma yo gutandukana n’Ikipe ya FC Shkupi yo muri Macedonia yari amazemo umwaka urengaho....
Ikipe ya APR FC yatomboye US Monastir yo muri Tuniziya, mu ijonjora ry’ibanze ry’amarushanwa nyafurika ahuza amakipe yabaye aya mbere iwayo CAF Champions League.Izakomeza izahura na Al Ahly SC yo...
Umuhanzi umaze kwigarurira imitima y abenshi hano mu Rwanda ndetse no hanze yarwo wamamaye nka Davis D nyuma y’igihe kigera mu kwezi akorera ibitaramo bitandukanye k’umugabane w’i Burayi yahishuye...
Umuhoza Hadidja wagaragaye yarize cyane avuga ko yifuza guhobera The Ben avuze byinshi k’urukundo akunda The Ben n’uburyo yakiriye kubona amashusho ye asakara...