Ad Restricted
Sheebah Karungi yizihije isabukuru ye y’amavuko mu buryo budasanzwe[AMAFOTO]
Yanditswe: Monday 11, Nov 2019
Umugandekazi Sheebah Karungi, arikwizihiza isabukuru y’Imyaka 30 amaze avutse.Sheebah yavutse taliki ya 11 Ugushyingo 1989 uyu munsi akaba ari kuzuza imyaka 30.
Uyu mukobwa ukunzwe cyane mugihugu cya Uganda, yizihije isabukuru ye y’amavuko muburyo budasanzwe, aho yifotoje amafoto atandukanye ari mu buriri, afite ikirahure ku buriri hatatse amakarita yahawe mo impano n’abakunzi be.
Shebbah Karungi ni umuhanzikazi ukunzwe cyane mu gihugu cya Uganda ndetse no mu bihugu by’Uburasirazuba bw’Afurika muri rusange,bitewe n’imirirmbire ye ndetse n’ukuntu aba yitwara mu mashusho y’indirimbo ze ndetse n’imyambarire imugaragaraho bivugwa ko ishotora igitsina gabo.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *