skol
fortebet

Yaya Toure wafashwe atwaye imodoka yasinze ngo yanyweye inzoga agira ngo ni Coca

Yanditswe: Wednesday 14, Dec 2016

Sponsored Ad

Umunya Cote d’Ivoire ukinira ikipe Manchester City, nyuma yo gufatwa itwaye imodoka yasinze, we akavuga ko yanyoye inzoga azi ko ari Coca Cola, maze ahanishwa amezi 18 adatwara imodoka no gutanga ibihumbi 54 by’amayero.
Yaya Toure avuga icyamuteye kunywa inzoga akarenza urugero ku gipimo gisanzwe kemerewe ngo umuntu atware imodoka, dore ko yari yakubye kabiri, kandi bizwi ko ari n’umusilamu, Toure yavuze ko yayinyoye azi ko ari ka Coca.
Toure yagize ati "Mu byumeru bibiri bishize benshi (...)

Sponsored Ad

Umunya Cote d’Ivoire ukinira ikipe Manchester City, nyuma yo gufatwa itwaye imodoka yasinze, we akavuga ko yanyoye inzoga azi ko ari Coca Cola, maze ahanishwa amezi 18 adatwara imodoka no gutanga ibihumbi 54 by’amayero.

Yaya Toure avuga icyamuteye kunywa inzoga akarenza urugero ku gipimo gisanzwe kemerewe ngo umuntu atware imodoka, dore ko yari yakubye kabiri, kandi bizwi ko ari n’umusilamu, Toure yavuze ko yayinyoye azi ko ari ka Coca.

Toure yagize ati "Mu byumeru bibiri bishize benshi bibazaga ukuntu nanyoye inzoga nkatwara imodoka, kandi byari binazwiko ndi umusilamu ntanywa n’inzoga,......Sinywa ibiyobyabwenge naranabyanze, abanzi neza cyangwa banankurikirana bazi ko na champagne yo kwishimira itsinzi mu ikipe sinjya nsomaho, gusa nibyo baramfashe basanga narengeje igipimo cy’umusemburo w’inzoga, nayinyoye ntabishaka kuko nari nziko ari Coca Cola, ibi mbabwiye nibyo navugiye no mu rukiko, byarangiye bampanishije kudatwara imodoka amezi 18."

Ibi bisobanuro bya Yaya Toure byafashwe nk’ibya bana kuko batumva uburyo yitiranyije Coca n’agasembuye.

Nyuma yibyo byose urukiko rwahise rufata umwanzuro wo kumuhanisha amezi 18 adatwara imodoka no kwishyura ibihumbi 54 by’amayero.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa