skol

Imikino

Karekezi yatangaje byinshi ku busatirizi bwe

Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Karekezi olivier yatangaje ko abona ubusatirizi bwe buryana (…)

Rayon Sports yatangiye neza urugendo rwo mu majyepfo

Ikipe ya Rayon Sports imaze kunyagira AS Muhanga ibitego 6-0 mu mukino wa mbere wa gicuti wo (…)

Rayon Sports yerekeje mu majyepfo kwiyegereza abafana bayo

Nkuko twabibagejejeho mu minsi ishize uyu munsi taliki ya 25 Kanama nibwo ikipe ya Rayon Sports (…)

FERWAFA yashimangiye ko ishaka kwakira igikombe cy’isi cy’abatarengeje imyaka 17 cya 2019

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ryamaze kohereza impapuro zisaba kwakira igikombe cy’isi (…)

Mcgregor yarahiriye kwigaranzura muzehe Mayweather(amafoto)

Umunya Irlande w’imyaka 29 Conor Mcgregor yatangaje ko yiteguye kwigaranzura Floyd Mayweather (…)

Seninga yizeye ko Police FC izongera kugira rutahizamu wa mbere mu mwaka w’imikino utaha

Umutoza Seninga yatangaje ko yizeye ko umwe muri bakinnyi yaguze uyu mwaka azanikira abandi (…)

Cassa Mbungo yatangaje impamvu yemeye gutoza Kiyovu

Umutoza Cassa Mbungo Andre yatangaje ko imwe mu mpamvu zatumye yemera gutoza ikipe ya Kiyovu (…)

Nyuma y’amezi 2 barushinze, Messi n’umugore baritegura umwana wa gatatu

Rutahizamu wa FC Barcelona n’ikipe y’igihugu ya Argentine, Lionel Messi n’umugore we Antonnella (…)

Cristiano yagizwe umukinnyi w’umwaka i Burayi ahigitse Messi na Buffon

Rutahizamu w’ikipe ya Real Madrid; Cristiano Ronaldo yagizwe umukinnyi wa mbere i Burayi mu (…)

Uko amakipe yashyizwe mu matsinda ya UEFA Champions League

Uyu munsi taliki ya 24 Kanama nibwo UEFA yatangaje uko amakipe ateganyijwe guhurira mu matsinda (…)

Umukinnyi w’Umwongereza ashobora gusezera kuri ruhago nyuma yo gukomereka mu mutwe

Umukinnyi Ryan Mason w’imyaka 26 ukinira ikipe ya Hull City ashobora gusezera ku mupira (…)

SC Villa Jogoo yamaze kwemera guhura na Rayon Sports mu mukino wa gicuti

Ikipe ya SC Villa Jogoo yamaze kwandikira Rayon Sports iyemerera gukina nayo umukino wa gicuti (…)

Twagizimana yatangaje ko APR FC iri mu makipe atazabagora mu mwaka w’imikino utaha

Myugariro w’ikipe ya Police FC akaba na Kapiteni wayo Twagizimana Fabrice uzwi nka Ndikukazi (…)

Ibyo ukwiriye kumenya kuri Tombola ya UEFA Champions League itegerejwe uyu munsi

Nyuma y’imikino yo gukuranamo yarangiraga mu ijoro ryakeye uyu munsi nibwo hateganyijwe igikorwa (…)

Rooney yasezeye mu ikipe y’igihugu y’Ubwongereza(amafoto)

Umwongereza Wayne Rooney w’imyaka 31 ukinira ikipe ya Everton yashyize akadomo ku bijyanye no (…)