skol

Imikino

Karekezi yavuze ku hazaza ha Tamboura muri Rayon Sports

Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Karekezi Olivier yamaze kwemeza ko umusore w’umunya Mali wari (…)

FIFA yatangaje urutonde rw’abakinnyi 24 bazatorwamo umukinnyi w’umwaka

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA rimaze gutangaza abakinnyi 24 bazatoranywamo (…)

Umuherwe wifuza kugura Arsenal yatangaje icyo yahita akora aramutse ayiguze

Umunya Nigeria Aliko Dangote umuherwe wa mbere muri Afurika umaze igihe yifuza kugura ikipe ya (…)

Diego Costa yatangaje umwanzuro we nyuma yo gusabwa kugaruka muri Chelsea

Umunya Brazil Diego Costa wakiniraga Chelsea yamaze gutangaza ko atiteguye kugaruka muri iyi (…)

Masudi Djuma ashobora kwerekeza mu ikipe ya AS Kigali

Umutoza Masudi Djuma watozaga ikipe ya Rayon Sports umwaka w’imikino ushize aho yeguye ku (…)

Habyarimana wari umaze iminsi akora igeragezwa muri Rayon Sports yamaze gusinyira Kiyovu Sports

Ikipe ya Kiyovu Sports irimo kwiyubaka nyuma yo gufashwa kuguma mu cyiciro cya mbere na FERWAFA (…)

Uganda Cranes iragera I Kigali kuri uyu wa Kane

Ikipe ya Uganda Cranes iherutse kunyagira amavubi ibitego 3-0 mu cyumweru gishize, iragera I (…)

Reba abakinnyi bahagaritswe igihe kinini kurusha Cristiano Ronaldo (amafoto)

Ku wa Mbere taliki ya 14 Kanama nibwo inkuru yabaye kimomo ko Cristiano Ronaldo yahagaritswe (…)

Serena Williams yatangaje byinshi ku bijyanye n’irondaruhu rikorerwa abakinnyi b’abirabura

Umunyamerikakazi Serena Williams w’imyaka 35 ukina umukino wa Tennis aratangaza ko kuba ari (…)

Umurundikazi Nsekera yatangaje impamvu akunda Rayon Sports mu Rwanda

Umurundikazi Lydia Nsekera yatangaje ko akunda cyane ikipe ya Rayon Sports kubera umupira ikina (…)

Amakipe 21 niyo azahagararira u Rwanda muri FEASSA

Kuri uyu wa gatatu taliki ya 16 Kanama 2017 nibwo amakipe 21 yerekeza muri Uganda ahazabera (…)

APR FC yabonye umukinnyi ushobora gusimbura Rusheshangoga

Biravugwa ko Ikipe ya APR FC ishobora gusinyisha umukinnyi Rukundo Denis myugariro w’ikipe ya (…)

Ikipe ya Gisagara Volleyball Club yageze ku mukino wa nyuma wa kamarampaka

Ikipe ya Gisagara Volleyball Club yageze ku mukino wa nyuma w’imikino ya kamarampaka nyuma yo (…)

UEFA yasohoye urutonde rw’abakinnyi 3 bazatorwamo uwahize abandi mu mwaka w’imikino ushize

Kuri uyu wa Kabiri taliki ya 15 Kanama 2017, nibwo Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku mugabane (…)

Magare na Hakizimana bigaranzuye ibihangange mu irushanwa ryo muri Congo Brazaville

Abanyarwanda 2 Muhitira Felicien uzwi nka magare na Hakizimana Jean bitwaye neza mu irushanwa (…)