Print

Amagambo 4 wabwira umukunzi wawe akamurutira andi yose wamubwiye

Yanditwe na: 25 November 2016 Yasuwe: 42932

Iyo abantu bakimena bnifuza ku rushing, usanga hari byinshi bwirana mu rwego kubagarira urukundo rwabo, ariko ugasanga hari amwe mu gambo birengagiza kandi afite uruhare runini mu gushimangira urukundo rwabo.

Dore amwe muri ayo magambo

1.Aho uzaba hose nzaba ndi kumwe nawe

Wari wabwirwa iri jambo ngo wumve ukuntu riryoha? Si ugupfa kurivuga gusa kuko riraremereye, Kumva umuntu umubwiye ngo nzaba aho uzaba uri hose n’iby’agaciro gakomeye by’umwihariko ku bantu bakundana.

Ni byiza kuribwira umukunzi wawe kenshi muri ahantu hatuje, mwishimye atari mu bibazo kugirango adakeka ko ari bya bindi bisanzwe byo kwihanganisha uwagize ibibazo wese.

2.Uri uw’agaciro kuri njye

Ubusanzwe tuzi ko ibyo twagereranya nk’iby’agaciro ari zahabu n’ifeza wenda rimwe na rimwe hakaza n’amaafaranga menshi. Ibaze rero umuntu akubwiye ko uri uw’agaciro kuri we byaba biryoshye kubyumva kurusha uko yakubwira ngo ndagukunda.

3.Umfatiye runini.

Mu buzima bwa muntu akenera umufasha mu buzima bwa buri munsi, umuntu ubana n’abantu benshi mu buzima, afashwa n’abantu benshi kandi bakomeye.

Ngaho rero ibaze umuntu kugutoranya mu bandi benshi bamufasha cyangwa bamuba hafi akakubwira ngo umufatiye runini muri make ½ cy’ubuzima bwe ni wowe umugize.

4.Nkwibonamo:

Ibaze uhuye n’umuntu akakubwira ngo nkwibonamo, urumva ukuntu byaba bimeze bishatse kuvuga ngo iyo akubonye aribona nkuko nta wakwiyifuriza ibibi ubwo bivuze ko nawe yakwifuza ko uhora mu bihe byiza.


Comments

Ibra swaga 1 June 2023

Duhe ibindi


max 3 May 2023

Ni byiza kuba hafi yawe kuko bindutira cyane imyambaro nambara...niyo mpamvu uzakunda kubona nkuhobera nkakugundira ubutarambirwa


pascal 24 January 2023

iyimitoma irarenze man


Wow nukuri murabambere murimpupuke pe 5 January 2023

Wow murabambere


germaine 20 November 2022

Uko inyoni zituriza imbere y’umuremyi Niko nifuza guturiza muri woe


Keza benny 13 November 2022

Mukunzi wanjye nkunda kurasha abandi nujya ubona nkosheje ntukantre inabi kuko sometime abantu brakos


HAGENIMANA Jean Baptiste 2 July 2022

Nzagukunda kugeza kwiherezo yisi


Angel 14 June 2022

thank you so much


clemantine ingabire 25 September 2021

Imana izabamembere kuko maze kubungukiraho byishi kd bicyenewe mubuzima


cedra bdi 12 June 2021

murakoze cane kandi muradufasha cane munkundo zacu


DOMINIKO 12 July 2017

mukomereze aho!