Print

Mugwiza, yiyamamaje wenyine yongera gutorerwa kuyobora FERWABA

Yanditwe na: 19 December 2016 Yasuwe: 576

Mugwiza Désiré yongeye gutorerwa kuyobora ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball mu Rwanda (FERWABA) nyuma y’uko yari yiyamamaje ari umukandida umwe rukumbi.

Aya matora yabaye kuri iki cyumweru tariki 18 Ukubioza 2016 abera muri Sitade Amahoro i Remera mu nama rusange.

Iyi Komite Nyobozi Nshya ya FERWABA yatowe izayobora kuva 2016 kugeza 2020.

Uko amatora yarangiye

Perezida, MugwizA Désiré

Visi Perezida wa mbere, Madamu Mugwaneza Pascale

Visi perezida wa kabiri, Nyirishema Richard

Umunyamabanga Mukuru ni Mutabazi Richard

Umubitsi, Madamu Muhongerwa Alice

Umujyanama muri tekiniki, Madamu Habimana Mugwaneza Claudette

Umujyanama w’amategeko, aba Uwimana Bernard.

.